“Man Power”, umuti uharawe cyane n’abagabo mu gutera akabariro

0
107

Man power Natural Men Healthy and Energy supoort

Hari abasore n’abagabo biganjemo abo mu bice binyuranye by’Umujyi wa Kigali, muri iyi minsi basa n’abaharaye cyane umuti witwa ‘Man Power’ bemeza ko ubafasha kudacika intege mu gihe bari gutera akabariro.

 

Abakoresheje “Man Power” bavuga ko ari umuti utera ubushake n’imbaraga igihe umusore cyangwa umugabo wawukoresheje ari gukora imibonano mpuzabitsina.

 

Uyu muti mu Rwanda ugura amafaranga ibihumbi mirongo itatu na  bitanu  ( 35000 frw) ndetse ariko hatanga igabanyirizwa ukagura ibihumbi makumyabiri na bitanu ( 25000 Frw) ngo uwawunyoye neza nk’uko bikwiye, bituma igitsina cye gifata umurego igihe kinini iyo ari gutera akabariro.

 

Umusore utuye mu Kagari k’Agatare mu Murenge wa Nyarugenge, Akarere ka Nyarugenge yagize ati “ Man Power niwo muti ugezweho utera imbaraga ureke ziriya kawa na za tangawizi, kandi si ibanga abasore benshi b’i Nyamirambo niwo basigaye bifashisha iyo bafite gahunda zo gukora imibonano mpuzabitsina.”

 

Undi nawe utuye ahazwi nko kuri 40 mu Murenge wa Rwezamenyo, yemeza ko asigaye yumva abasore benshi bavuga ko bifashisha uwo muti witwa Man Power igihe bateganya kubonana n’abakunzi babo.

 

Yagize ati “Ntabwo ari ubwa mbere numvise uwo muti. Njya kuwumva nawumvanye umusore wari urimo kubwira mugenzi we ko utuma umutu atarangiza vuba ariko sindawibonera n’amaso yanjye.”

 

Dr Kintu Muhammed, umwe mu baganga bemeza ko avura indwara y’uburemba, ufite n’impamyabushobozi yakuye mu Bwongereza, nawe yemeza ko Man power ari umuti uharawe cyane n’abasore cyane abo mu Mujyi wa Kigali.

 

“Man Power”, umuti uharawe cyane n’abagabo mu gutera akabariro

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Yagize ati ” Ni umuti mwiza ufasha abasore n’abagabo batajya bagira imbara igihe bari gukora imibonano mpuzabitsina n’abagore babo”.

 

Avuga kandi ko impamvu uyu muti witabirwa cyane ngo ari uko utajya ubagiraho ingaruka. Yongeyeho ko kugira ngo uyu muti utange umusaruro, bisaba ko uwifuza gutera akabariro awunywa inshuro eshatu ku munsi mu gitondo, saa sita ndetse na nimugoroba kugeza awumaze.

 

Man Power

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Uyu muti wa “Man Power” ukorwa mu bimera bya (Ginseng na Anise) bikunze kugaragara mu Majyaruguru ya Amerika no mu Burasirazuba bwa Aziya.

 

Nta ngaruka kuwayikoresheje Kuko n’umwimerere w’ibimera.

Isoko: IGIHE

Aho Uherereye hose tuyakuzanira, muri Kigali ni Ubuntu, hanze ya Kigali hishyurwa transport yayo tukayikoherereza, hanze y’i RWANDA dukoresha fedex, DHL….

Ku bindi bisobanuro uko yakugeraho hamagara cg wandike Kuri WhatsApp umenye uko Company iyikugezaho: +250783978400, 0785635105

 

You can order yours by contacting us on the following numbers:

WhatsApp or call: +250785635105, 0726922373

We are working in Kigali, Rwanda, but we offer worldwide delivery

Shop smart from here:  ROMAC STORE IN KIGALI CHIC BUILDING ROOM: E 014 C

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here