Hamwe na Kawa Vit : Abagiraga intege nke mu gutera akabariro igisubizo cyabonetse

0
340

Umunsi ku wundi humvikana ingo zisenyuka bidatewe atari uko zabuzemo ibizitunga, ahubwo byaturutse ku kuba umwe mu bashakanye afite intege nke zituma igikorwa cyo mu buriri kitubahirizwa uko bikwiye.

 

Nubwo hatagaragazwa umubare nyakuri w’ingo zisenyuka bitewe n’iki kibazo, hakunze kumvikana abagore cyangwa abagabo bafatwa baciye inyuma abo bashakanye, ikibazo kikaba ko umwe muri abo yananiwe kubahiriza inshingano zo gukora imibonano mpuzabitsina.

Ni ikinyobwa gikorerwa mu gihugu cya Malaysia kikaba kigizwe n’ibimera byo muri ako karere ariko by’umwihariko kigizwe n’ibintu bitandatu aribyo;

Tongkali: Tongkat ali: (Eurycoma Longifolio), iki ni igiti kiboneka cyane muri Aziya kikaba by’umwihariko kimera muri Malaysia na Indonesia.

 

Kizwiho gutunganya imisemburo ya kigabo no gukuza imikaya mu buryo butuma umugabo agira imbaraga n’imbaduko mu mikorere, giha ingufu imisemburo y’umugabo akarushaho kubaka urugo cyangwa se gutera akabariro, nk’abantu bakora siporo nabo kibafasha kugira imbaraga.

 

Guarana: Iva ku giti kimera mu ishyamba rya Amazon, izwiho cyane mu gukomeza imbaraga z’ubwenge no kwibuka, ikaruhura ubwonko kandi igakomeza imitsi y’ubwonko bituma umuntu atekereza neza.

 

Gifasha kugira ingufu no kugira imikanya ikomeye cyane, gifasha kandi kurwanya ikibazo cyo gucibwamo, gifasha mu muvuduko w’amaraso iyo ufite muke irawuzamura.

 

Maca: Izwi cyane mu kongera no kubaka intangangabo bituma zikura neza kandi zikagira imbaraga ku buryo mu gihe cy’akabariro umugabo adahita acika intege cyangwa ngo agere ku ndunduro y’ibyishimo rugikubita, iki cyo ni ikijumba kivanwa muri Amerika y’Epfo, gifite ibyubaka umubiri byinshi, gifite kandi imyunyu myinshi.

 

Gifite ubushobozi bwo kongera ingufu mu kurwanya indwara, gifasha gutunganya intanga z’umugabo bikarushaho kumera neza.

 

 Stevia: Ni ikimera kibarizwa muri Amerika y’Epfo. Ni isukari nziza iruta izindi zose kuko irwanya umubyibuho ukabije, igakamura ibinure, ikavura umunaniro udashira, ikaringaniza umuvuduko w’amaraso ari nayo mpamvu ikundwa cyane n’abarwaye diabète, iki kirusha ingufu isukari inshuro 20 ariko gifite n’ukuntu kitongera isukari mu mubiri, gikoreshwa n’abarwaye diyabete, ni nziza ku buryo umuntu yayikoresha.

 

Café :Si ikawa ibonetse yose ! Hakoreshwa iyatoranyijwe mu zikunzwe ku Isi hakurikijwe ubwiza n’umumaro wayo. Yagaragajwe nyuma y’ubushakashatsi nk’ifite ububasha bwo kurwanya kanseri y’umwijima, mu kanwa no mu muhogo ndetse ivura indwara yo kugwa amarabira.

 

Amata: Ntabwo ari amata abonetse yose ni amata bakuyemo amavuta, ubundi birazwi ko amavuta atari meza ku mubiri kuko iyo uriye menshi cyane cyane ava ku nka, ntabwo aba meza yagutera imitsi, abahanga bafashe icyemezo cyo gushyiramo amata bakuyemo amavuta.

 

Ibi byose iyo biri kumwe bituma Kaw Vit  igira umumaro ku mubiri w’umuntu cyane cyane ku bantu bakora cyane, abageze mu zabukuru, abatekereza cyane ndetse n’abahorana umunaniro ukabije.

 

Iki kinyobwa gifasha umubiri w’umuntu mu kongera ubushake iyo abantu batagira ubushake bwo kubaka urugo, urumva ko icyo ni ikibazo ku bantu bashakanye, ifasha abafite intege nke kubyerekeye imibonano mpuzabitsina.

 

Hari abantu bagira umurego ariko uwo murego ntumare akanya cyangwa se akaba yarangiza vuba, aho rero niho Kopi Vitamin ifite umumaro ikora ku buryo abo nabo bagira imibonano myiza kandi ikaba yatera amahoro mu rugo, mu bindi ikora ni uko inakingira umwijima ndetse n’ubugabo busanzwe bukora intangangabo.

 

Ikindi murabizi ko abantu barengeje imyaka 55 usanga aribo bakunze kugira intege nke muri rusange no gutera akabariro, Kopi Vitamin, rero ibagirira akamaro mu buryo bugaragara.

 

Iki kinyobwa gikoreshwa na buri wese keretse abana, abagore batwite cyangwa se abonsa ndetse n’abafite ikibazo cy’umutima ariko gikomeye cyane, iyo uyinyoye kandi uba ugomba kugabanya inzoga wanywaga.

 

Ubundi uko iki kinyobwa kimeze ni uko gikozwe mu buryo bw’Ifu iba iri mu isashe, agasashe kamwe kaba gafite garama 20, noneho tuba umunani turi mu gakarito kamwe.

 

Uko ubigenza ni uko ufata ako gasashe ugashyushya amazi angana n’ikirahure cya mililitiro 100-120, iyo umaze kugashyiramo iratangira ikayenga nyuma ukanywa, urugero uko umuntu anywa ikawa ni we wimenya uko abigenza.

Kumenya iyo unywa ni uko umara iminsi 12 ariko biterwa n’uko cya kibazo cyawe cy’ingufu nkeya ufite gihagaze, iyo kimaze gusubira ku murongo ufata agasashe kamwe buri minsi itatu.

Ariko niba wumva isashe imwe mu mazi iguteye ingufu nyinshi cyane ubwo uragabanya, ukaba wafata kimwe cya kabiri cyangwa se kimwe cya gatatu.

TUMIZA IYAWE UNYUZE KURI IYI LINK ( Order Yours From Here): KAWA VIT

Hari n’igihe uba ugitangira ukumva bigenda neza, wafata isashe imwe buri minsi ibiri cyangwa se ugafata igice cy’isashe buri munsi biterwa n’uko wiyumva.

 

You can order yours by contacting us on the following numbers:

WhatsApp or call: +250785635105, +250726922373

We are working in Kigali, Rwanda, but we offer worldwide delivery

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here